Rubavu Polisi yu Rwanda yataye muri yombi abagabo babiri yafatanye utubure dusaga 8000 twurumogi
Polisi yu Rwanda yataye muri yombi abagabo 2 Bari bafite Ibipfunyika 2 birimo buret 8000 zurumogi.
Jean de Dieu Bunani, 33, and Samson Harerimana 22, bafashwe kuwa gatatu tariki ya 10/02/2021 bafatiwe mu akagari ka Matovu ho m'Umurenge Bugeshi bafite ibyo bipfunyika bibiri.
Umuvugizi wa polisi muntara y'iburengerazuba (CIP) Bonaventure Twizere Karekezi, yavuze ko aya makuru bayatangarijwe nabaturage batumye muri Kariya gace.